Muri iyi minsi hari kumvikana ibihuha ko ikipe ya inter de Millan yaba yifuza umukinnyi wa Barcelona Lionel Messi. umuyoboyi wa Inter de Millan yumvikanye muri iyi minsi avuga ko nawe yifuza gukora amateka akazana uyu mukunnyi kugiciro kitarabaho kugeza uyu munsi mumateka y' umupira w' amaguru.

uyu muyobozi witwa Erick Thohir yumvikanye asaba raporo yigiciro cya Messi hamwe n' amasezerano ye basanga bihaganga bisanga bihagaze miliyoni 650 za mapawundi ndetse avuga ko yiteguye kuyatanga. nubwo yiteguye gutanga aya mafaranga ariko hari itegeko rituma ibi bitakunda. UEFA ifite itegeko rivuga ko ikipe itemerewe kugura ngo ikoreshe amafaranga aruta ayo yinjije uwo mwaka byatumye. kugirango inter de millan ibe yakwemererwa kugura uyu mukinnyi nyayisaba kumara imyaka itatu itagura kugira ngo iri tegeko ritayigonga. iki gitekerezo cyaje nyuma yuko Juventus yari imaze kugura Christiano Ronaldo wanganaga na Messi muri Laliga.
Comments